UMUKOBWA W’INZOZI ZANJYE ÉPISODE 9

0
5

.

.

ÉPISODE 9

akibivuga naramwitegereje sinagira icyo nkora

aba aransomye ndamureka nk’umunota mpita

mwiyaka nti:”Ada are you sure ibi nibyo ushaka?”

yikiriza azunguza umutwe ndongera ndamubaza

nti:”ndagira ngufashe udakora ibintu

ukazabyicuza nyuma Ada, hari igihe waba ari

umujinya uri kubigukoresha kdi sibyiza ko gufata

umwanzuro urakaye”

ahita afata agakapu ke ati:”reka nigendere niba

utanshaka tu”ahita ahaguruka atangira kugenda

mufata akaboko atararenga kumuryango

ndamuhindukiza ndamusoma arandeka ariko we

ntiyabishiramo ubushake ndamureka ndangije

ndamubwira “Ada ndagukunda urabizi inshuro

mbikubwiye, ndagushaka kuruta uko wabitekereza

ariko sinshaka kuguprofita mugihe uri weak,

sinshaka ko wazanyanga nkabura na duke nari

ngufiteho, kukubonaho byonyine byari bimpagije

nubwo nifuza ibirenzeho”

aho kugira icyo ansubiza yahise ansoma ngira

ngo arashaka kunsezera bidatinze agakapu

numva kaguye hasi mpita menya icyo gukora

ndamwiyegereza dukomeza gusomana amfashe

mu izosi mpita muterura ndamuhindukiza

dusubira kuburiri birakomeza ntumbaze uko

twakuranyemo imyenda naje kwibona ndi gusoma

kumubiri we wose ahasomeka hose….. nyuma

y’iminota 15 twarimo duhumeka amasigamana

twiruhutsa amwenyura mbona yishimiye ibyo

twari tumaze gukora aba arambwiye “Jimmy

kuva wamunsi unsoma kwa Eddy nakomeje

gutekereza ibi byabaye gusa byarambabazaga

kubitekerezaga kuko ntifuzaga guca inyuma

Eddy, natekerezaga ko mukunda nk’uko nawe

ankunda”

“nubundi wasanga ariko byari bimeze aho

bitaniye ari uko wowe wabitekerezaga gusa we

akabishira mubikorwa”

“ushatse kuvuga ko ntawakundaga undi muri twe”

“yup warankundaga nawe agakunda uriya

mukobwa bari kumwe”

“genda, ndumva nkimufuhira maze”

“ni uko utarambwira ko unkunda”

“ese Jimmy ubu ntimurabipfa ko mbizi ko muri

inshuti zikomeye”

“yup, gusa niyemeje kwakira ingaruka zose

bishobora kungiraho icyo ntashaka ni

ukuguhomba”

“hmm”

“Ada nsezeranya ko nawe uzamba hafi muri uru

rugamba”

“reka dutegereze uko bizagenda, hari igihe

feeling zakura naho ubu sinakwizeza ibintu ntari

sure hari igihe wasanga ari lust”

twakomeje kuganira twese twambaye uko

twavutse imibiri yongera kudushuka twiyongeza

ku itunda ryabuzanijwe nyuma nza kumuherekeza

aza gutaha nizeye ko iri ari itangiriro ry’urugamba

rutoroshye.

iminsi yakomeje kwicuma ariko Ada mbona ko

byarangiye yabaye uwanjye ntaminsi 3 yashiraga

tutabonanye hari n’igihe natahaga nagera home

ngasanga yantekeye tugasangira anyicaye

mumaguru kuburiri, ibyo byarakomeje mbona

ibyiza byinshi Eddy yari yarantanze sinari

niyeguye guhara Ada uko byagenda kose, umunsi

umwe Eddy aza kuza antunguye iwanjye,

ndabyibuka ada niwe wamufunguriye ahita

amusunikira kuruhande ansanga kuburiri

nambaye boxer ndi kunywa ka citron, nkimubona

nahise mpagurukana ubwoba Ahita atangira

kuntera amangumi, gusa sinari niteguye

guhangana nawe, ikindi kandi nari niteguye

kwakira igihano cyose yampa kuko nari

naramuhemukiye kdi ari inshuti yakomeje kuntera

amangumi sinamusubiza cg ngo musabe

imbabazi, Ada we yinjiye amukurikira ahagarara

kumuryango yifata mumaso aho kugira icyo

akora atangira kurira, Eddy yabonye ntacyo ndi

gukora ngo murwanye arandeka aranyitegereza

gusa aho niho ubonera umugabo nyamugabo,

ntamugabo wo guhangana n’umuntu utarwana

nawe, iyo ukubise umuntu ntagusubize niyo yaba

abitewe n’intege nke warangiza ugakomeza

kumukubita mpaka abaye ubusa, aba akurushije

ubutwari, ni wowe uba ubaye ikigwari, arangije

aba arambwiye ati:”ntugire birangiriye aha, ndaje

nkwereke icyo ndicyo”

nanjye nti:”i’m sorry bro, reka twiyibagize

ibyabaye nanjye sinzi uko byaje” aho kunsubiza

ahita anshira mumaso ahita asohoka aragenda,

agisohoka nahise nicara kuburiri Ada aza yiruka

atangira kumpanagura amaraso akirira nanjye

muhanagura amarira arangije arambwira “Jimmy

kuki uretse akagukora biriya” yarabibonaga ko

Eddy ari igisore yari yarateruye ibyuma sinibaza

ukuntu yatekerezaga ko natinyuka guhangana

nawe, ndamusubiza “ntabwo nari guhangana

nawe, naramuhemukiye wenda kiriya hari igihe

yagifata nk’igihano nkwiriye akabyibagirwa

tugakomeza ubucuti”

“niyo murwana yari kuba intambara yari gukizwa

n’abaturanyi ni ibintu ntifuzaga ko bavuga ko

inshuti zarwanye ziri gupfa umukobwa ariwe njye,

kdi nanone sinifuzaga ko wareka akagukora ibi”

“Ada uri mwiza isi yose yarwana kubera wowe,

you deserve it” aba aramwenyuye n’uturira duke

twarimo dutemba kumatama ye aba aransomye

turakomeza turasomana.

iminsi yakomeje kwicuma nibagirwa Eddy n’ibintu

yasize ambwiye nongeye kubyibuka umunsi naje

kubona abapolisi baje kumfata kukazi

bakanyambika amapingu bakanjyana kuri station

ntakintu nzi nakoze……

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here