UMUKOBWA W’INZOZI ZANJYE EPISODE 5

1
14

.

.

EPISODE 5

AHO TWAGARUKIYE

Akimara gukupa nahise nibuka balbine, gusa

numvaga niteguye kwica gahunda ye kubwa

Angel, hari amahirwe y’uko namujyana iwanjye

tugakora ibyo nifuza ariko nabitekerezagaho

nkabona birasaba izindi ngufu, hari igihe byari

kunsaba kubanza kumujyana ahantu nkamugurira

icyo kunywa n’icyo kurya narangiza nkamushuka

ngo aze njye kumwereka mu rugo, ariko hari

amahirwe ko yabyanga nanatakaje ayanjye, ariko

angel we kuva ariwe wari umpamagaye nari

mbizi ko ntakindi ndi bumutakazeho uretse ticket,

kandi ikindi nanjye nifuzaga ko byarangira

mumahoro, uko nari ndemerewe ndakeka nawe

byari hafi kungana cg birenza

.

.

l

.

.

Twarekeje

_____

Saa kumi zigeze nerekeje aho Angel yari

yambwiye ko tuza guhurira kari akabare kanini

kiyubashye namusanze ari kuganira n’umukozi

waho bivuze ko aho hantu yari ahamenyereye,

nyuma yo kunsuhuza ansoma ku itama twarinjiye

mpita naka Ka citron gakonje, arandeba araseka

menya icyo ashaka kuvuga, gusa nari ndushye

mfite inyota kdi numva ntari muri mood yo

kunywa ibiyobyabwenge lol I mean inzoga,

atangira kumbaza amakuru duhagaze imbere ya

comptoir hasize umwanya ansaba ko twajya

ahantu hiherereye tukaganira, twagiye inyuma

mutubungaro, atangira kunganiriza ariko nawe

anywa Smirnoff yari yatse, ambwira ukuntu

yankundaga, ambwira ariko ko abizi ko tutabana,

uretse kuba yarabonaga nubundi ntagahunda

mfite yanabonaga ntashobora kwihanganira

uburyo akunda abastar, twari mu isi zitandukanye

rwose nanjye nari namaze kubyakira niyemeje

kumureka akagenda, ubwo bazanye ibyo kurya

brochette nyinshi n’ifiriti ubwo dutangira kurya

ariko ukabona we ntabishaka ahubwo ari

kumpatira kurya, namubaza impamvu ati:”rya

wowe, ntuzi ko abakobwa badakunda gukora sex

bariye byinshi” akibivuga nahise ngira cya kibazo

muzi ndangije ndamureba ndamwenyura nawe

araseka arongera ati:”nyine turava hano mpita

njya kureba fiancé wanjye nabimusezeranije”

gusa mumutwe sinashoboraga gukurura iyo foto

uwo mukinnyi amuri hejuru, iyo nabitekerezaga

niboneraga amashusho yanjye nawe gusa nubwo

byari bimeze gutyo nari mbizi ko atakiri uwanjye.

turi kuganira Balbine yampamagaye inshuro 2

mubwira ki ndaza kumubwira nimva ahantu

nagiye,

tukirangiza kurya yahise asohoka akanya njye

nkeka ko agiye kwishyura cg gutumaho ibindi byo

kunywa agarutse ahita amfata akaboko agenda

ari kunkurura nk’agahene anyinjiza mucyumba

sinari nabonye ko ako kabare gafite amalodge,

tucyinjira mbona igitanda gisashe neza cyane

ntarashira ubwenge kugihe ahita ansunikira

kugitanda mpagwa ngaramye anjya hejuru, akura

téléphone yanjye mumufuka arayizimya ajugunya

aho yari yarambitse iye arangije arambwira

:”sinshaka ko hagira uza kutuderanja, uyu niwo

munsi wanyuma, reka ngusezere kuburyo

utazigera uwibagirwa” ndamureba meze

nk’ikirobot ahita atangira kunkuramo ishati,

nyuma yo gufungura ibipesu yahise ansoma

arangije atangira kunsoma umubiri wose, wose,

feeling byari nko kumva ugeze mu ijuru udapfuye,

yakomeje gukora kumubiri wanjye ariko

anansoma kwihangana binaniye mpita mufata

ngiye kumuhindura aba yantanze kunyiya

arahagarara andeba arimo arigata iminwa

ati:”utangiye kungora, mfasha usubire hasi,

ndongera ndagarama nditonda nk’agatama

gategereje guterwa icyuma, arongera ajya hejuru

amfata ku itama aransoma arangije anyicara

kunda atangira kwiyambura ndeba, yari mwiza

cyane sintekereza ko umwamikazi w’ishebah yari

kumwigerezaho ikindi yari hot wabonaga afite

gahunda yo kunkorera ibintu atigeze ankorera

mumyaka 2 twari tumaze tubikozeho bwambere.

twakoze urukundo nk’amasaha 5, twararangizaga

tukaganira iminota mike twakongera gushyuha

imibiri tukongera tukayikoresha akazi, natashye

ntekereza nti iyaba iminsi yose twamaranye

twarabanaga nkabari gusezeranaho, yari bye bye

ntabwo narinzongera kumubona ukundi.

ndimo gutaha nafunguye phone nsangamo msg

ya Balbine ambwira ngo kuki namubeshye ko

mpari narangiza ngakuraho téléphone, hari

ukuntu uhita ubona muri msg ko umuntu

yarakaye ukabibona ko impamvu atagututse ari

uko yari azi ko ntakintu nubundi kiri hagati yanyu,

nahise muhamagara ayifata kunshuro ya gatatu

ntangira kumuvugisha nk’ibisanzwe ntiyigera

angaragariza ko yanshatse akambura, ninjye

wabizanye nti:”I’m sorry, sha ababoss imodoka

ya boss yakoze accident ubwo yavaga Tanzania

bahise banyohereza aho yari yaguye ngo ntume

umubare w’ibyari kwibwa ugabanyuka, phone rero

yanzimanye ndiyo ubwo nakubwiraga ngo ngiye

kuza”

“ntakibazo Jimmy”

“nzica amande”

“kbsa, bipange uzanjyane ahantu ungurire rimwe”

“ushaka ryari?”

“ejo”

“mvuye mukazi ntakibazo saa kumi nimwe, Ka

mbe ntekereza aho nzakujyana”

“hhh nakinaga, gusa ubishatse twabihindura

ukansura”

“uribana?”

“kugira?”

“ndagira menye niba ubana n’ababyeyi nzamenye

ukuntu nza nambaye” gusa njye nawe twari tubizi

ko ataricyo nshaka kumenya nawe ati:”hhhhh

ndibana tu”

“nzasange watetse byinshi sinjya nshobora

gukora byabindi ntararya”

“ibiki Jim”

“nakinaga Chr, reka ngusezere turikumwe”

“Sawa bye”

ndangije ndakupa, nari mbonye gahunda

y’umunsi wari ukurikiye kdi ntacyari gutuma

ntajyayo nari mbizi, ubundi baravuga ngo iyo

umukobwa agiye kugusura mumutwe haba

harimo ibintu bibiri icya1 ni “sinakora sex nawe

ngiye kumusura bwambere” icya2 ni “Ka nogoshe

ariko hari igihe bishobora kuba” guys mujye

mugerageza amahirwe biba ari 50, 50 gusa sinari

nzi uko biba bimeze iyo ari wowe uramusura.

1 COMMENT

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here