.
.
EPISODE 5
Akimara gukupa nahise nibuka balbine, gusa
numvaga niteguye kwica gahunda ye kubwa
Angel, hari amahirwe y’uko namujyana iwanjye
tugakora ibyo nifuza ariko nabitekerezagaho
nkabona birasaba izindi ngufu, hari igihe byari
kunsaba kubanza kumujyana ahantu nkamugurira
icyo kunywa n’icyo kurya narangiza nkamushuka
ngo aze njye kumwereka mu rugo, ariko hari
amahirwe ko yabyanga nanatakaje ayanjye, ariko
angel we kuva ariwe wari umpamagaye nari
mbizi ko ntakindi ndi bumutakazeho uretse ticket,
kandi ikindi nanjye nifuzaga ko byarangira
mumahoro, uko nari ndemerewe ndakeka nawe
byari hafi kungana cg birenza
.
.
l
.
.
Twarekeje
_____
Saa kumi zigeze nerekeje aho Angel yari
yambwiye ko tuza guhurira kari akabare kanini
kiyubashye namusanze ari kuganira n’umukozi
waho bivuze ko aho hantu yari ahamenyereye,
nyuma yo kunsuhuza ansoma ku itama twarinjiye
mpita naka Ka citron gakonje, arandeba araseka
menya icyo ashaka kuvuga, gusa nari ndushye
mfite inyota kdi numva ntari muri mood yo
kunywa ibiyobyabwenge lol I mean inzoga,
atangira kumbaza amakuru duhagaze imbere ya
comptoir hasize umwanya ansaba ko twajya
ahantu hiherereye tukaganira, twagiye inyuma
mutubungaro, atangira kunganiriza ariko nawe
anywa Smirnoff yari yatse, ambwira ukuntu
yankundaga, ambwira ariko ko abizi ko tutabana,
uretse kuba yarabonaga nubundi ntagahunda
mfite yanabonaga ntashobora kwihanganira
uburyo akunda abastar, twari mu isi zitandukanye
rwose nanjye nari namaze kubyakira niyemeje
kumureka akagenda, ubwo bazanye ibyo kurya
brochette nyinshi n’ifiriti ubwo dutangira kurya
ariko ukabona we ntabishaka ahubwo ari
kumpatira kurya, namubaza impamvu ati:”rya
wowe, ntuzi ko abakobwa badakunda gukora sex
bariye byinshi” akibivuga nahise ngira cya kibazo
muzi ndangije ndamureba ndamwenyura nawe
araseka arongera ati:”nyine turava hano mpita
njya kureba fiancé wanjye nabimusezeranije”
gusa mumutwe sinashoboraga gukurura iyo foto
uwo mukinnyi amuri hejuru, iyo nabitekerezaga
niboneraga amashusho yanjye nawe gusa nubwo
byari bimeze gutyo nari mbizi ko atakiri uwanjye.
turi kuganira Balbine yampamagaye inshuro 2
mubwira ki ndaza kumubwira nimva ahantu
nagiye,
tukirangiza kurya yahise asohoka akanya njye
nkeka ko agiye kwishyura cg gutumaho ibindi byo
kunywa agarutse ahita amfata akaboko agenda
ari kunkurura nk’agahene anyinjiza mucyumba
sinari nabonye ko ako kabare gafite amalodge,
tucyinjira mbona igitanda gisashe neza cyane
ntarashira ubwenge kugihe ahita ansunikira
kugitanda mpagwa ngaramye anjya hejuru, akura
téléphone yanjye mumufuka arayizimya ajugunya
aho yari yarambitse iye arangije arambwira
:”sinshaka ko hagira uza kutuderanja, uyu niwo
munsi wanyuma, reka ngusezere kuburyo
utazigera uwibagirwa” ndamureba meze
nk’ikirobot ahita atangira kunkuramo ishati,
nyuma yo gufungura ibipesu yahise ansoma
arangije atangira kunsoma umubiri wose, wose,
feeling byari nko kumva ugeze mu ijuru udapfuye,
yakomeje gukora kumubiri wanjye ariko
anansoma kwihangana binaniye mpita mufata
ngiye kumuhindura aba yantanze kunyiya
arahagarara andeba arimo arigata iminwa
ati:”utangiye kungora, mfasha usubire hasi,
ndongera ndagarama nditonda nk’agatama
gategereje guterwa icyuma, arongera ajya hejuru
amfata ku itama aransoma arangije anyicara
kunda atangira kwiyambura ndeba, yari mwiza
cyane sintekereza ko umwamikazi w’ishebah yari
kumwigerezaho ikindi yari hot wabonaga afite
gahunda yo kunkorera ibintu atigeze ankorera
mumyaka 2 twari tumaze tubikozeho bwambere.
twakoze urukundo nk’amasaha 5, twararangizaga
tukaganira iminota mike twakongera gushyuha
imibiri tukongera tukayikoresha akazi, natashye
ntekereza nti iyaba iminsi yose twamaranye
twarabanaga nkabari gusezeranaho, yari bye bye
ntabwo narinzongera kumubona ukundi.
ndimo gutaha nafunguye phone nsangamo msg
ya Balbine ambwira ngo kuki namubeshye ko
mpari narangiza ngakuraho téléphone, hari
ukuntu uhita ubona muri msg ko umuntu
yarakaye ukabibona ko impamvu atagututse ari
uko yari azi ko ntakintu nubundi kiri hagati yanyu,
nahise muhamagara ayifata kunshuro ya gatatu
ntangira kumuvugisha nk’ibisanzwe ntiyigera
angaragariza ko yanshatse akambura, ninjye
wabizanye nti:”I’m sorry, sha ababoss imodoka
ya boss yakoze accident ubwo yavaga Tanzania
bahise banyohereza aho yari yaguye ngo ntume
umubare w’ibyari kwibwa ugabanyuka, phone rero
yanzimanye ndiyo ubwo nakubwiraga ngo ngiye
kuza”
“ntakibazo Jimmy”
“nzica amande”
“kbsa, bipange uzanjyane ahantu ungurire rimwe”
“ushaka ryari?”
“ejo”
“mvuye mukazi ntakibazo saa kumi nimwe, Ka
mbe ntekereza aho nzakujyana”
“hhh nakinaga, gusa ubishatse twabihindura
ukansura”
“uribana?”
“kugira?”
“ndagira menye niba ubana n’ababyeyi nzamenye
ukuntu nza nambaye” gusa njye nawe twari tubizi
ko ataricyo nshaka kumenya nawe ati:”hhhhh
ndibana tu”
“nzasange watetse byinshi sinjya nshobora
gukora byabindi ntararya”
“ibiki Jim”
“nakinaga Chr, reka ngusezere turikumwe”
“Sawa bye”
ndangije ndakupa, nari mbonye gahunda
y’umunsi wari ukurikiye kdi ntacyari gutuma
ntajyayo nari mbizi, ubundi baravuga ngo iyo
umukobwa agiye kugusura mumutwe haba
harimo ibintu bibiri icya1 ni “sinakora sex nawe
ngiye kumusura bwambere” icya2 ni “Ka nogoshe
ariko hari igihe bishobora kuba” guys mujye
mugerageza amahirwe biba ari 50, 50 gusa sinari
nzi uko biba bimeze iyo ari wowe uramusura.
best 10 online canadian pharmacies
https://greatcanadianpharmacies.com/
buy meds online