EPISODE 2
ubundi baravuga ngo niba ushaka gutera imbere
musore, ba wiyibagije abakobwa wite kuri umwe
ufite…
nanjye natekerezaga ko nshoboye kwita ku
hazaza nkita no kubakobwa benshi navugishaga
ariko ubu iyo nsubije amaso inyuma nsanga
narakoraga aribo nitekerereza na duke
nakoreraga nkatubasesaguraho. birumvikana
iminsi yakurikiye nahoraga ntekereza niba byaba
ari sawa kumuhamagara cg kutamuhamagara.
ubundi abakobwa beza kuko baba bateretwa
n’abatype benshi biba bigoye kugira afate phone
ibonetse yose, hari amahirwe make ko ashobora
kuba yanyishimiye, andi menshi yari ayo kuba
atankunze, rero guhita muhamagara abizi ko
ndamuhamagara Hari igihe yari kwanga kuyifata
cg twamara kuvugana agahita ambloka, umunsi
umwe ari kucyumweru akazi kaba gake, nari
maze kuvugana n’aba gf banjye bose, ndi bored
kuburyo nabonaga ntacyo gukora mfite, naje
gufata phone nkomeza kunyura muri contact
mba mbonye iyo nari nanditseho Balbine new
chic, nahise nyihamagara akimfata nti:”bite
Balbine”
aba aransubije ati:”ni Sawa Chr” akivuga iryo
jambo nahise menya ko ari umukinnyi, nizera ko
mfite amahirwe nshobora nanjye gukuraho part
yanjye, nahise musubiza nti:”birantunguye ukuntu
uhise umenya wa mutype ubereye malayika
murinzi” aba arasetse nanjye ndaseka kugira
mutere courage aba arongeye ati:”gusa byo sinari
nakumenye, nari nikanzemo umushuti wari
wambwiye kumpamagara aya masaha” abivuga
menya ko nanjye atazigera asaving nbr yanjye,
njye ntacyo naricyo nigereranije niyo nshuti ye
bafitanye gahunda akaba anazi ijwi rye, mba
ndongeye nti:”ntabwo uri malayika mwiza”
“kubera?”
“wowe se ntiwumva impamvu?”
“icyumweru kirashize ntegereje ko umpamagara,
nari ntangiye kwibagirwa ko hari umuntu nahaye
numéro yanjye mumujyi”
“hahahah urashaka kumbeshya ko ari njye
njyenyine wahaye nbr muri iki cyumweru?”
“kubera iki wumva ko nkubeshya”
“arega abakobwa beza bwira nibura abatype 10
aribo bagerageje kubavugisha, ndabizi ko muri
abo icumi hataburamo numwe utahana numéro”
“buriya njye sindi mwiza tu, ni wowe uheruka
kumvugisha duhuye”
“buriya baragutinya tu”
“ntakuntinya, buretse ko ntanakunda kuva
murugo”
“eh niyo mpamvu tu, naho ubundi nanjye nicyo
cyari cyaratumye ntaguhamagara mbere”
“igiki?” mba nkoze ikosa musubiza nisuzugura kdi
mbizi ko abakobwa bakunda abatype babereka ko
babakwiriye maze ndamubwiye :”nyine kuko
natekerezaga uwo mubare wose, numvaga
nubundi ntamahirwe mfite”
“hhh nari nagukunze none mbonye utinya
amarushanwa ntibyavamo”
“haha niba wari wankunze nanjye nkaba nari
nagukunze se buriya amarushanwa yaba ari
ayiki?”
“wowe narakubonye uri ba batype baba
bikenereye ibintu gusa”
“arega bose nibyo baba bakeneye, itandukaniro ni
uko bamwe tuba tubishaka vuba abandi
bagategereza marriage, ariko byose impembero
iba ari imwe, kdi nawe nabonye utari type
y’abakobwa bategereza marriage”
“genda”
“ndabizi ko ntakwibeshyeho, ahubwo mbwira niba
ngifite amahirwe”
“amahirwe y’iki c?” ntaramusubiza arakomeza
ati:”mfite bf”
“nari mbizi ko umufite”
“amakuru wayakuye he?”
“arega sinjye ureba neza murwanda kuburyo naba
mbaye uwambere ubonye ko uri mwiza, gusa
nkunda kugirana utu affaires n’abakobwa bafite
ba bf, ubundi ntangaruka zizamo”
“ingaruka zihe?”
“nko gufuha, kw’expecting ibintu bidahari na
sentiment zindi”
“uri ikiraya”
“oya arega ukuntu uteye ntawe bitatuma agira
ibitekerezo bibi, gusa sicyo ngamije”
“ugamije iki?”
“kukugira inshuti ibyo bitekerezo bibi
nkabigumana mumutwe”
“hhh I know u’ll fuck me then unyibagirwe”
“ayo mahirwe nayabonye sinazigera nkwibagirwa
mubuzima”
dukomeza kuganira mukupa twemeranije ko
tuzongera kubonana nk’abantu bamaze
kunywana ubucuti, nkimukupa boss ahita
ampamagara abanza kuntonganya ngo iminota 30
yose ndi kuvugira kuri phone nari mubiki? mbura
icyo musubiza ambwira abantu nari kujyanira
ibikoresho byo mugikoni, arangiza angira inama
yo kugabanya gukunda abakobwa, nari mbizi ko
atariwe wampamagaye wenyine Angel nawe yari
yampamagaye inshuro zitarenze imwe ubwo
mpita muhamagara ahita ambwira :”ni akahe
gakobwa mwahoze muvugana umwanya wose
nahoze ngushaka?”
ngerageza kumubeshya ariko byagaragaraga ko
yarakaye bya hatari, ambwira ko yari ageze
murugo ko yari azi ko ahansanga kuko
ubusanzwe ntakora, yarimo ataha ngerageza
kumwumvisha musaba imbabazi murangira aho
agafunguzo kari ko ngiye gutaha nkamusanga
murugo, nafashe ibyo nagombaga kujyanira
abantu mbibagereza iwabo mungo, ndangije
ntaha ndi gutekereza Angel nageze murugo
yabyimbye lesani iri hafi guturika gusa ngeze
murugo birangira anyimye, ambwira ngo :”ese
wowe buri uko ngusuye ntakindi uba utekereza?
uba ubona iyo ariyo signe yonyine yo kunyereka
ko uri romantic?”