MY LIFE IN CAMPUS Episode 9

0
12

Episode 9

Duherukana deni yinjira muri guetto ya davide, na

kevine ashaka umukunzi yamubuze. Ese kevine

yaje kubona umukunziwe yashakaga, Ese deni

yarazanywe niki kwa davide?

Reka dukomeze.

Nuko ngiye kubona mbona deni yinjiye muri

guetto yange mpita nikanga, ndamubaza nti :niki

kikuzanye hano deni? Nawe ati ikinzanye ntakindi

nukuguha gasopo kuko umwana nuwange

ndakeka ntamuntu utabizi hano mukigo kd nawe

urabizi sibyo? Niba utabizi reka nongere

nkwereke. Niba utabasha gusohokana umukobwa

mwiza nkuriya wamukundagute koko. Agitangira

kunyerka amafoto kevine aba arinjiye we

ntiyaragikomanga kuko iwange yaramaze

kuhagira nkiwabo. Ubwo tukimubona twese

twabaye nkabatunguwe gusa murumvako deni

ariwe warutunguwe cyane kuko bari basezeranye

ko ibintu biribuhite birangira nyumayogusohoka

na. Mbega ubwoba kuri deni!!! Burya urukundo

sikintu ntirukangwa namafaranga, imitungo cg

ibigango ufite rwaramugagaje uwarumusore

atangira gutengurwa mbibona disi deni nawe

yarakunze byanyabyo. Nuko kevine yinjiye

akubitamaso kuri deni nawe ahita yikanga

ubwoba buramwica ndabibona bigaragara ko

twembi deni yaramaze kudukura imitima. Nuko

nyibona kevine akabaraga karagarutse

mpitambyuka ndamwegera nabonaga yabuze

ubushingura ikirenge ngo akomeze aze ansanga

nuko akigera kuburi arinaho deni yaryicaye yahise

abona amafoto deni yararikunyereka mbega ngo

kevine arongera kwikanga akijima mumasoo!!!!

Arangije aba arebye deni namarira menshi ati

deni urumugome urenze shitani ibi wabikoreye iki

ko ibyange nawe ntibyarangiriye hariya?

Mvamumaso ndetse umvire no mubuzima

singukunda, sinigeze ngukunda, sinzanagukunda.

Mbega amagambo akomeye deni yarabwiwe

nuwo yakunze byaragahinda kuri deni

basagankaho bamukubise ishoka mumutima

kuburyo yacijije icyatumye avuka. Nyamara deni

arakunda nawe disi. Nubwo deni yirukaga kuri

kevine yarumusore mwiza ihuye hose

baramwemeraga cyane ndetse yakundwaga

nabenshi kd beza gusa urukundo ntamahitamo

rutanga nkuko muruzi. Murakokanya deni

yarahagurutse arasohoka arigende arko ababaye

cyane. Nuko nsigarana na kevine. Mpitambwira

kevine nti :kavii umbabarire kuba ntarabashije

kugusohokana arko ndagukunda rumwe ruzira

uburyarya. Kukureka sinabishobora kuko kubaho

ntagufite byatuma nsaza nkirimuto rero ibyo

wakoze byose bitanshimishije ndabikubabarariye

rukundo rwange arandeba ibinezaneza

biramurenga arampobera tumarana nka 5min

duhoberanye nta numwe uri kuvuga. Nuko

turarekurana nsanga kevine amarira yashotse

kumatama ye nuko ndamuhanagura. Arangije

arambwirati cher ndagukunda cyane gusa

natunguwe nimbabazi wampaye utambajije

impamvu nakoze biriya. Gusa nabikoze kubwo

kugukunda cher ansobanurira uko byose

byagenze ntacyo ampishe numva byose nikubwo

urukundo ndishima cyane. Maze ndamubwiranti:n

takintu nakimwe umukunzi yakora kikosa

kitababarirwa. Gusa kubadakundana byanyabyo

iyo bahuye nutugeragezo nkutu bahita babivamo

kuko nubundi ntarukundo ruba ruri hagati yabo.

Nuko kevine ahita ampa pet bizou ndangije

nditegura dusubira mukigo. Twishimanye

dufatanye agatoki kukandi ubona ko urukundo

ruhari shenge Nyamara haruwakunze

ntiyakundwa uwo ni deni yewe ntakibinko

gukunda ntukundwe pe usigara wumva

utazongera gukunda Nyamara habahari aba

gukunda nawe wirengagiza ugakomeza kwiruka

kubyagusize. Tukigeramukigo twakubitanye

ninkuru ikura umutima yasakaye mukigo

hose………

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here