MY LIFE IN CAMPUS Episode 7

0
20

Episode 7

Duherukana kevine Asohaka classe akurikiye deni

waruje kumureba Ese byaje kugendagute? Ese

kevine yaje kwemerera deni ko basohokana? Ese

davide we ya kumenya ukuri kubyo deni yasabye

kevine? Reka twikomereze.

Nuko kevine ahita

Asohoka akurikiye deni nange nsigara nikorera

etude. Hashijeze akanya gato kevine ahita

agaruka classe arambwirati saa mbiri

ndagushaka harikintu nshaka kukubwira.

Mbibutsako byari kuwakane kd deni

yariyamusabye ko basohokana kuwa gatanu

bivuzeko byari ejo. Ese deni na kevine

baribamaze kuganira iki? Reka tubyumve, Deni

:kavii wafashe uwuhe mwanzuro? Kevine

:nabyemeye gusa ndagusaba condition imwe

sincaka ikintu icyo aricyo cyose kizerekana

ibyabereye ahotwagiye ubwo yarashatse kuvuga

nkamafoto. Deni :ibyo nabye ntakibazo niba

utinyako davide abimenya ntabyo azamenya.

Mbega ngo umutego wa deni kevine

arawugwamoo! Nyamara nubundi ntamahitamo

yarafite kuko yagombaga gukora ibishoboka ngo

davide atazahura n’ibibazo. Yaramukundaga pe!

Gusa ntiyigeze amubwiza ukuri Ese iyaba ari woe

warikumubwiza ukuri? Dukomeze,

ubwo saa mbiri

zarageze dusohoka classe tuganira tugeze

inyuma ya classe kevine ampagarika aho maze

arambwira ati :cher uranyizera? Ntungurwa rwa

nigitumye ambaza gutyo. Ndamubwiranti kuba

ngukunda bisubiza ibibazo byose bijyanye nibyo

ndakwizera cyane. Ahita ambwira ariko ubona

asanufite ikibazo ati:cher nyogokuru wange uba

kugisenyi yararembye none nzajya kumusura Ejo

nzagaruka ku cyumweru. Mpita mubwirati mbese

yararwaye nukwihanga pe. Nuko kuko nabonaga

afite agahinda ndamukurura ndamwiyegerereza

arinako mukora mumutwe mwihanganisha

Nyamara sinkamenye ikihishe inyuma yurwo

rugendo tumarana umwanya utarimuto tugiye

gutandukana, aba amfashe kurutugu atangira

kunsoma nange mpita mfatiraho mufata munda

turasomana ye turangije ibyo arambwira ati cher

iyiminsi tugiye kumara yose tutarikumwe I will

miss you ndaseka nti wap uzihangane sha iminsi

ibiri koko! Ndangije ndamubwiranti Ese ubundi

waje ukajya kundaza? Narinziko atari bubyemere

rwose ntungurwa no kubona abyemeye atajuyaje

ati cher uziko aribyo ndabikunze sha. Duhita

twitahira. Ibyo byanyerekagako ankunda ariko

nanone nkibaza nimukobwaki wakunda umusore

gutyo kuburyo yiyemeza kumuha ubuzima bwe

nkuko yabikoraga turikumwe. Nkashoberwa.

Twageze muri guetto yange dukuramo imyenda

nuko nambara agakabutura we akenyera

agasume kange ubundi dutangira gutegura

ibyokurya arinako nitegereza ukuntu arimwiza

urukundo rugakomeza kuzamuka umubiri utangira

guhinduka igishushungwa kubera umukobwa

mwiza undiruhande mbega ijoro ryibyishimo! Kuri

twese twaratetse birashya turarya turangije ubwo

icyarikigezweho nukuryama. Kd nkuko mubizi

mwiguetto yumusore ntiwabonamo uburiri bubiri

bivuzeko twagombaga kurarana kugitanda kimwe.

Nubwonge byaribinkomereye kuruhanderwe

yarabyiteguye yagiye kugitanda agezeho

arambwirati nturyama cher? Nange ubwo

mbanuriye igitanda ndaryama. Gusa naryamye

mfite agakingirizo kumusego kuko numvaga

byanze bikunze butaribuke tudakoze sex mbega

ijoro ryabaye iryibyishimo! Namwe murabyumva

ibyabaye muriryo joro kumukobwa numuhungu

bakundana bararanye ijoro ryose. Bwarakeye

tujyana koga turongera dukora nkibyanijoro gusa

sinibagirwaga kwikingira. Nguko uko natakaje

ubumanzi bwange na kevine agatakaza ubusugi

bwe twarangije kwitegura tujyana mukigo ngewe

nagombaga kwiga arko kevine yaragiye

gusuranyirakuru igisenyi ngewe niko narimbizi

disi intamenya irirakumuziro sinamenye ukuri.

Gusa mukanya gato nabonye deni asohotse

nigikapu kinini mukandi kanya mbona kevine

Araje ndamuherekeza mugeza kuri portaye ahita

akomeza ngewe nisubirira classe ndiga umunsi

urarangira mugitondo mbyutse mbona msg za

whatsapp nzifunguye nkubitwa ninkuba……

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here