Episode 7
Duherukana kevine Asohaka classe akurikiye deni
waruje kumureba Ese byaje kugendagute? Ese
kevine yaje kwemerera deni ko basohokana? Ese
davide we ya kumenya ukuri kubyo deni yasabye
kevine? Reka twikomereze.
Nuko kevine ahita
Asohoka akurikiye deni nange nsigara nikorera
etude. Hashijeze akanya gato kevine ahita
agaruka classe arambwirati saa mbiri
ndagushaka harikintu nshaka kukubwira.
Mbibutsako byari kuwakane kd deni
yariyamusabye ko basohokana kuwa gatanu
bivuzeko byari ejo. Ese deni na kevine
baribamaze kuganira iki? Reka tubyumve, Deni
:kavii wafashe uwuhe mwanzuro? Kevine
:nabyemeye gusa ndagusaba condition imwe
sincaka ikintu icyo aricyo cyose kizerekana
ibyabereye ahotwagiye ubwo yarashatse kuvuga
nkamafoto. Deni :ibyo nabye ntakibazo niba
utinyako davide abimenya ntabyo azamenya.
Mbega ngo umutego wa deni kevine
arawugwamoo! Nyamara nubundi ntamahitamo
yarafite kuko yagombaga gukora ibishoboka ngo
davide atazahura n’ibibazo. Yaramukundaga pe!
Gusa ntiyigeze amubwiza ukuri Ese iyaba ari woe
warikumubwiza ukuri? Dukomeze,
ubwo saa mbiri
zarageze dusohoka classe tuganira tugeze
inyuma ya classe kevine ampagarika aho maze
arambwira ati :cher uranyizera? Ntungurwa rwa
nigitumye ambaza gutyo. Ndamubwiranti kuba
ngukunda bisubiza ibibazo byose bijyanye nibyo
ndakwizera cyane. Ahita ambwira ariko ubona
asanufite ikibazo ati:cher nyogokuru wange uba
kugisenyi yararembye none nzajya kumusura Ejo
nzagaruka ku cyumweru. Mpita mubwirati mbese
yararwaye nukwihanga pe. Nuko kuko nabonaga
afite agahinda ndamukurura ndamwiyegerereza
arinako mukora mumutwe mwihanganisha
Nyamara sinkamenye ikihishe inyuma yurwo
rugendo tumarana umwanya utarimuto tugiye
gutandukana, aba amfashe kurutugu atangira
kunsoma nange mpita mfatiraho mufata munda
turasomana ye turangije ibyo arambwira ati cher
iyiminsi tugiye kumara yose tutarikumwe I will
miss you ndaseka nti wap uzihangane sha iminsi
ibiri koko! Ndangije ndamubwiranti Ese ubundi
waje ukajya kundaza? Narinziko atari bubyemere
rwose ntungurwa no kubona abyemeye atajuyaje
ati cher uziko aribyo ndabikunze sha. Duhita
twitahira. Ibyo byanyerekagako ankunda ariko
nanone nkibaza nimukobwaki wakunda umusore
gutyo kuburyo yiyemeza kumuha ubuzima bwe
nkuko yabikoraga turikumwe. Nkashoberwa.
Twageze muri guetto yange dukuramo imyenda
nuko nambara agakabutura we akenyera
agasume kange ubundi dutangira gutegura
ibyokurya arinako nitegereza ukuntu arimwiza
urukundo rugakomeza kuzamuka umubiri utangira
guhinduka igishushungwa kubera umukobwa
mwiza undiruhande mbega ijoro ryibyishimo! Kuri
twese twaratetse birashya turarya turangije ubwo
icyarikigezweho nukuryama. Kd nkuko mubizi
mwiguetto yumusore ntiwabonamo uburiri bubiri
bivuzeko twagombaga kurarana kugitanda kimwe.
Nubwonge byaribinkomereye kuruhanderwe
yarabyiteguye yagiye kugitanda agezeho
arambwirati nturyama cher? Nange ubwo
mbanuriye igitanda ndaryama. Gusa naryamye
mfite agakingirizo kumusego kuko numvaga
byanze bikunze butaribuke tudakoze sex mbega
ijoro ryabaye iryibyishimo! Namwe murabyumva
ibyabaye muriryo joro kumukobwa numuhungu
bakundana bararanye ijoro ryose. Bwarakeye
tujyana koga turongera dukora nkibyanijoro gusa
sinibagirwaga kwikingira. Nguko uko natakaje
ubumanzi bwange na kevine agatakaza ubusugi
bwe twarangije kwitegura tujyana mukigo ngewe
nagombaga kwiga arko kevine yaragiye
gusuranyirakuru igisenyi ngewe niko narimbizi
disi intamenya irirakumuziro sinamenye ukuri.
Gusa mukanya gato nabonye deni asohotse
nigikapu kinini mukandi kanya mbona kevine
Araje ndamuherekeza mugeza kuri portaye ahita
akomeza ngewe nisubirira classe ndiga umunsi
urarangira mugitondo mbyutse mbona msg za
whatsapp nzifunguye nkubitwa ninkuba……