Episode 4
Duherukana kevine yikubita hasi arahwera Ese
davide yaje gucika ibibazo byari bimugwiririye?
Reka dukomeze nuko mpitamubwira nti
wihangane, nkivuga aba aguye igihumure ubwoba
burantaha bikaze ntangira kwibaza ukuntu
ndatabaza, nkabona nigisebo kuringe ibaze iyo
nkuru ngo umukobwamwiza muri campus yaguye
muri coma ari mwi guetto ya davide mbega ngo
umutwe uratangira gukora cyane bikabijeee!!!!!
Arko murakokanya nigira inama yo guhamagara
Emmy ngo mumbwire ikibazo mpuye nacyo
ngifata telephone mbona kevine arazanzamutse .
Mpita ndeka 4ne ndamwegura mugukanguka
ashidukira hejuru ati davii byagenze gute? mpita
mubwira nti narintangiye kukubwira uko nakiriye
igitekerezo cyawe nkitangira nti wihangane uba
uguye igihumure. sinzi icyo wahise utekereza,
gusa nari ngiye kukubwira ngo wihangane kubyo
waciyemo byose kubera urukundo unkunda gusa
nshaka kukubwira ko nange ngukunda cyane.
Maze kuvuga ibyo yarari kunyitegerezA mumaso
adakuraho Maze aba arasimbutse yiterahejuru
ariruhutsa arangije arambwira ati urakoze
nzagukunda kugeza mfuye arambwira ati sinzi uko
nagushimira gusa nkugiyemo umwenda.
Muruwomwanya nasaga nkaho maze gutsindira
umutima wa kevine mbega byiza!! Ndikumwe
nuwonkunda muri guetto yange twicaye kuburiri
byarashimishije cyane. ndangije ndamukurura
ndamwiyegerereza andyama mugituza maze
ndamubaza ati ese cyagihe ugwa igihumure
warubayiki? Ahita ambwira ati :davii
narinumvishengo nihangane ufite undi ndangije
ndaseka ndamubwira nti, bingaragarije urwo
unkunda kd sinzaguhemukira. Ahita yubura
amaso arandeba Arangije ati cher nsaba icyo
wifuza cyose kuri nge. REKA MBABAZE
MWEBASORE IYABA ARIWOWE WARIKUMUSABA
IKI? gusa benshi ndabizi basaba gukora sex
Nyamara sicyo nakoze. Impamvu,
sukuntabyifuzaga kuba namusaba ibyo arko
naratekereje nsanga ari ikizami yashakaga
kureba niba mukunda koko. Nange sibyo nakoze
nahise manura umutwe ndamusoma biri deep
nkiminota5 ndangije ndaseka ndamubwira nti
uranyihaye wese koko? Nawe ati yego
mpitamubwira nti urakoze binyeretse ukuntu
unkunda gusa ibi birahagije. Benshi ndabizi
baravugako nabaye fake komba narariye umwana
gusa nticyarigihe kiza cyokubikora kumunsi
wambere wurukundo rwacu ibyo bikorwa
nabatagira urukundo. Nkimara kumubwira ko
ntakirenze nkeneye, yahise aseka arambwira ati
ikizami cyange uragitsinze. Murako kanya
ngwamukantu ahita ambwira ati davii urankunda
ndabibonye nange mumutima nti
ndumunyabwenge. Ahita avuga ati <<urukundo
nyarwo ntirwita kugukora sex rero nibyo
unyeretse. >>ahita ambaza ati ni saa ngahe?
Dusanga ni saa16:40mpita mubwira nti reka
nitegure tujye mukigo. Ngira vuba vuba mpita
mfata bag tujya mukigo. Twagendaga tuganira
buriwese yatwawe twumva gutandukana arikizira
kuritwe Nyamara bigomba kubaho. Tukigera
mukigo duhura na deni cya gitipe cyanyihanangiri
je mpitansezera kevine ngodutandukane aba
ansomye kwitama ati i love you chch ahita
agenda nkishingura intambwe imwe deni aba
arampamagaye yoo ibyo nanze birabaye ngenda
nibwo nubwoba bwinshi mugeze imbere ahita
ambwira ati……