MY LIFE IN CAMPUS Episode 4

0
9

Episode 4

Duherukana kevine yikubita hasi arahwera Ese

davide yaje gucika ibibazo byari bimugwiririye?

Reka dukomeze nuko mpitamubwira nti

wihangane, nkivuga aba aguye igihumure ubwoba

burantaha bikaze ntangira kwibaza ukuntu

ndatabaza, nkabona nigisebo kuringe ibaze iyo

nkuru ngo umukobwamwiza muri campus yaguye

muri coma ari mwi guetto ya davide mbega ngo

umutwe uratangira gukora cyane bikabijeee!!!!!

Arko murakokanya nigira inama yo guhamagara

Emmy ngo mumbwire ikibazo mpuye nacyo

ngifata telephone mbona kevine arazanzamutse .

Mpita ndeka 4ne ndamwegura mugukanguka

ashidukira hejuru ati davii byagenze gute? mpita

mubwira nti narintangiye kukubwira uko nakiriye

igitekerezo cyawe nkitangira nti wihangane uba

uguye igihumure. sinzi icyo wahise utekereza,

gusa nari ngiye kukubwira ngo wihangane kubyo

waciyemo byose kubera urukundo unkunda gusa

nshaka kukubwira ko nange ngukunda cyane.

Maze kuvuga ibyo yarari kunyitegerezA mumaso

adakuraho Maze aba arasimbutse yiterahejuru

ariruhutsa arangije arambwira ati urakoze

nzagukunda kugeza mfuye arambwira ati sinzi uko

nagushimira gusa nkugiyemo umwenda.

Muruwomwanya nasaga nkaho maze gutsindira

umutima wa kevine mbega byiza!! Ndikumwe

nuwonkunda muri guetto yange twicaye kuburiri

byarashimishije cyane. ndangije ndamukurura

ndamwiyegerereza andyama mugituza maze

ndamubaza ati ese cyagihe ugwa igihumure

warubayiki? Ahita ambwira ati :davii

narinumvishengo nihangane ufite undi ndangije

ndaseka ndamubwira nti, bingaragarije urwo

unkunda kd sinzaguhemukira. Ahita yubura

amaso arandeba Arangije ati cher nsaba icyo

wifuza cyose kuri nge. REKA MBABAZE

MWEBASORE IYABA ARIWOWE WARIKUMUSABA

IKI? gusa benshi ndabizi basaba gukora sex

Nyamara sicyo nakoze. Impamvu,

sukuntabyifuzaga kuba namusaba ibyo arko

naratekereje nsanga ari ikizami yashakaga

kureba niba mukunda koko. Nange sibyo nakoze

nahise manura umutwe ndamusoma biri deep

nkiminota5 ndangije ndaseka ndamubwira nti

uranyihaye wese koko? Nawe ati yego

mpitamubwira nti urakoze binyeretse ukuntu

unkunda gusa ibi birahagije. Benshi ndabizi

baravugako nabaye fake komba narariye umwana

gusa nticyarigihe kiza cyokubikora kumunsi

wambere wurukundo rwacu ibyo bikorwa

nabatagira urukundo. Nkimara kumubwira ko

ntakirenze nkeneye, yahise aseka arambwira ati

ikizami cyange uragitsinze. Murako kanya

ngwamukantu ahita ambwira ati davii urankunda

ndabibonye nange mumutima nti

ndumunyabwenge. Ahita avuga ati <<urukundo

nyarwo ntirwita kugukora sex rero nibyo

unyeretse. >>ahita ambaza ati ni saa ngahe?

Dusanga ni saa16:40mpita mubwira nti reka

nitegure tujye mukigo. Ngira vuba vuba mpita

mfata bag tujya mukigo. Twagendaga tuganira

buriwese yatwawe twumva gutandukana arikizira

kuritwe Nyamara bigomba kubaho. Tukigera

mukigo duhura na deni cya gitipe cyanyihanangiri

je mpitansezera kevine ngodutandukane aba

ansomye kwitama ati i love you chch ahita

agenda nkishingura intambwe imwe deni aba

arampamagaye yoo ibyo nanze birabaye ngenda

nibwo nubwoba bwinshi mugeze imbere ahita

ambwira ati……

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here