MY LIFE IN CAMPUS Episode 3

0
14

Episode 3

Duherukana kevine aza aho davide aba mwi

guetto ari kurira Ese yahamenye ate? Ese

yarizwaga niki? Ibyo nibyo tugiye kumenya muriyi

Episode ntucikwe reka dukomeze. Nuko kevine

araza angwamo ari kurira ndatungurwa cyane gusa

ndi calma mwinjiza mwi guetto yange twicara

kuburiri ntangira kumuhanagura kumaso he,

ndangije ndamubaza ati :ese byakujyendekeye

gute kuje urira, haricyakubayeho? Cg urarwaye?

Ahita ambwira ati :davii ndarwaye ariko..

Akibivuga mpita nikanga arakomeza ati indwara

ndwaye ntayindi niwowe mbega ngo ibyishimo

birasakara mumutima wange gusa

ndiyumanganya. Nuko arakomeza ati :burya

tugitandukana nabuze amahoro, ndihangana ngo

ntegereze nimugoroba birananira nkumva

ndimwisi yangenyine itagira ibyishimo ahatuwe

nibibabazo ahahora umwaga nagahinda

mwitanura ryumuriro. Numvaga ndigutwikwa

nurukundo rwinshi rundimo ntashobora guha undi

uwariwe wese atariwowe. Andebamumaso

ubwonge nari numiwe ibyishimo byandenze

mumutima nti uri koronsora uwabyukaga. Nuko

arakomeza ati :davii kuvanakubona sinkisinzira

ndarankutekereza bukankeraho, nkigutekereza.

Ati iminsi 2 umaze hano wahinduye umutima

wange igishushungwa, davii nukuri ndagukunda

n’Imana ibyumve arongera ararira. Nuko

mpitamukurura ndamwiyegereza andyama

mugituza ntangira kumuhanagura amarira ndebye

ukuntu yarize nkumwana muto numva ngize

agahinda nuko ntaragira ikindi musubiza

ndamubwirango nabe aryamye aruhuke araryama

nange njya kumutegurira utwo arya kuko

nabonaga asanushonje. Mbibutseko nari mfite

plan zokumubwirako mukunda none arantanze

yaramahirwe akomeye kuringe narishimye

bitavugwa nareba aho aryamye ahitwa iwange

ibitekerezo bikajya kure nkashiduka

ndikwisekesha. Nyamara ni gf wa pet frere

mumutima nti ibi ibintu bizangaruka nakwibuka

wamutipe wakunze kevine ngo yitwaga deni uko

yambwiye nkumva kumwemerera urukundo

arukwishyira muntambara ntazatsinda gusa

ndikomezanti :muriyisi ntakintu umuntu ageraho

atakirwaniye. Nkirimurutwo tubazo nibazaga

mumutima nshidukira hejuru nkutaruraho

nibukako narintetse ibirayi ndagenda ndebako

byahiye ndangije nda karanga ubundi mbyinjiza

mwi guetto nsanga aribwo kevine agikanguka.

Arangije arambaza ati davii nasinziriye ryari,

wankoze ibiki? ndamubwirati :ntacyo nagukoze

nabonaga urushye ndakureka uraruhuka.

Ariruhutsa ati naringizengo ndaseka maze

mbamuzaniye utwokurya ararya turanasangira.

Turangije kurya ndamubaza nti ese wabwiwe niki

ahomba? Arahigima ati :ntakinanira umutima

ushaka cyagihe tukimara gutandukana numvise

ntashobora kwihangana ntamenye aho utuye niko

kubagenda inyuma paka ugeze aha kuva

icyogihe, sinigeze nsubira mukigo nagumye aha

mfite imitima ibiri umwe ati injira umubwire undi

uti bireke isubirireyo kugeza ubwo numvishe

ngiye guturika umutima, mba mbonye usohotse

niko kuza ngusanga. Maze kumva ukuntu yaje

mbona ko ankunda byanyabyo ntaburyarya

mubyukuri reka mbabwire iki kintu \\

benshi ntibakunda guha urukundo umukobwa

urumwisabiye Nyamara kuko bigora abakobwa

cyane kubwira umuhungu ko yamukunze na

bikubwira ujye umenyako yagukunze bidasanzwe

uge ubifata nkubutwari unabimwubahire //

twikomereze ubwo nafashe mukiganza kevine

ndatangiranti kavii nawe ati karamee

mpitambabwiranti wihangane ntarabirangiza

abayituyehasi arahwera……..

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here