MY LIFE IN CAMPUS Episode 2

0
10

Episode 2

Duherukana kevine yihengekanye davide. Ese niki

yamubwiye? Reka dukomeze.

nuko kevine aba

arambwiye ati :davii ndashaka kukugisha inama.

Mumutima nibaza byinshi ndangije ndamubwira nti

mbwira ncuti byasaga nkaho yatangiye

kunyiyumvamo arko bitajyanye na copinage

ahubwo byakivandimwe. Ngiye kumva numva

arambwiye ati harumutipe umereye nabi

kuvanagera hano arikunyikururaho cyane,

ambwirango yankunze none ngirinama nkoriki?

Mbega ikibazo cyari kinkomereyee!!

Nuko

ntekereza akanyagato mpita mubaza nti :nonese

nta bf ugira arambwira ati ntawe nibaza impamvu

yihakanye pet frere birancanga gusa sinabigira

impamvu. Kumbe nyamukobwa yari yankunze

nawe gusa ibyabakobwa murabizi ntibapfa

kuritobora ngo bavuge bibariramo indani

namugiriye inama yokubeshya uwomutipe ko

afite bf arambwira ati urakoze. kumbi turikuganira

wamutipe yararebaga uko twaganiraga

tunyuzamo tukanaseka ubona tumeze nkaga

couple. Hashize umwanya kevine arambwira ati

davii reka ngende tuzasubira. Nsigara nicaye aho

nitegereza uburyo atambuka nukuntu ateye neza

mbega ukuntu nari ntangiye kumukunda

birenzee!!! Gusa imbogamizi yarimwe yari

wamutipe we yigaga muri level3 urumvako

yarandenze kd yarafite na cash urumvako

yaramfite kbsa. Nkiraho numva umuntu ankoze

kurutugu ndebye nsanga niwamutype warikumwe

na kevine ndikanga, mpita mubaza nti :waba unzi

Mr? Nawe ati sinkuzi gusa nziko unyinjirira gusa.

Ndaseka ndamubaza ati nkwinjirira gute? Ahita

arambwira ati, uriya mukobwa mwarimurikumwe

ni gf wange rero umugendere kure.

Mpitamubwira nti humura musore niba agukunda

nubundi ntiyankunda mpita mpaguruka

ndigendera nsanga emmy muri class

arikwishushanyiriza turaganira ahita ambaza ati

Ese man gahunda uyigezehe? Ndamubwira ati

birikuza buhoro buhoro. Duhita dusohoka tuganira

tugeze kuri portaye ya campus twumva umuntu

aduhamagara mugukebuka nsanga ni kevine

turahagarara araza arambwira ati :kongushaka ufite

umwanya?? Mpita mubwira ati ngiye kuruhuka

keretse nimugoroba nje muri etude nawe

arabyemera. Mpitankomeza gutaha ndikumwe na

Emmy nuko Emmy aba arambwiye ati mn

umwana arakwemera waragoswe ahubwo. Ati

davii bwira umwana kumukunda hakiri kare cg

uzicuze. Birangira niyemeje kubimubwira duhuye

kumugoroba nuko nigira mwi guetto yange

ndarya ubundi ndaryama mbyutse nsohoka hanze

mba mbonye kevine aza ansanga ndikanga

akomeza kunyegera aba araje angwamo cyane

anarira ati davii…

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here