………………………………..
Episode 15
Duherukana kevine Ahamagara davide
nyuma yigihe kinini batavugana.
Mbese kevine
niki agiye kubwira davide?
Disi wasanga kevine
agikunda Nyamara davide yiboneye umukunzi.
Ese niba kevine agikunda aho davide
bizamworohera konawe yakundaga bikomeyee
ahaa!!!!
………………………………… Reka twikomereze
ubwo Ari muri weekend ndikumwe na Orga
mbona nunbr yohanze irampamagaye maze
nditaba numva ni kevine. Atangira agirati :davii
araho urakomeye, nange nti yego ndakomeye
birenze uko wabyumva Ahubwo. Waruziko rero
nyumayokunsiga ntazabahoo? Ndiho cyane kd
ndishimiye. Ngiye kumva numva kevine araturitse
ararira kuri fone. Birancanga gusa ndi calma.
Arangije arambwira ati davii naragukunze cyane
numutima wange wose none nibyo unkoreye
ndangije ndamubwiranti Ese Elie wenyine
ntaguhagije? Urashaka gukunda abavandimwe 2
koko. Kevine agakomeza kurira Nyamara ngewe
simenye gahunda afite.
Disi ubanza kevine
agikunda davide.
Maze numvishe akomeje kurira
ndamubwiranti ngaho nsobanurira neza
icyatumye umara igihe kingana gutya
utamvugisha.
Nuko aratangirati :davii nkiva
iwanyu natashye nishimiye cyane numva ataringe
uzarota vac zirangiye tukisubirira kwishuri gusa
nkigera muhanga mumujyi bahise banyiba fone
maze nunbr zawe zigenderamo kd narintarazifata
mumutwe. Gusa kuko Elie twakundanye igihe
kinini nunbr ye narimaze kuyifata mumutwe.
Naramuhamagaye ndamusuhuza turaganira maze
mwaka nunbr yawe ampa nunbr gusa iyo nunbr
yampaye ntiyigeze icamo narimwe buri munsi
narayihamagaraga gusa nkasanga itariho hashize
igihe kinini mvugana na Elie akambwirako uhuze
cyane utagishaka kumvugisha ubundi
akambwirako utakiba murugo uhaguhagera rimwe
mumwaka ngeraho ndatuza gusa sinigeze
nongera gukundana na Elie kuko numvagako
byateranya abavandimwe kd ko byakubabaza
cyane.
Dis kevine ntiyigeze yanga davide
Nyamara byose byakozwe na Elie Maze
ndamubaza nti nonese iyo ugaruka murugo
mbere yokujya England ahita ambwira ati davii
nukuri harahantu nari narakoze apply
barampamagaye ngo twemerewe scholarship
mpamagaye Elie ngo akumenyeshe kuko fone
yawe yampaye itaririho arambwirati uri HUYE ngo
azakumbwiririra ti ubwo rero sinarikuza iwanyu
ntaribukuboneyo nazindutse njya HUYE
ndakubura igihe kibakirageze nageze kgl isaha
zoguhaguruka zigeze sinabasha kuza iwanyu.
Noneho ndongera ndamubaza nti uzikuyehe
nunbr zange noneho c Arambwirati ni murumuna
wange waje kwigaho muri level 1 accounting
witwa Orga nabwiye ngo azinshakire niwe
wazimpaye. Nkibyumva numvishe nikanze cyane
umutima uransimbuka ubwoba bubabwose mbura
icyomvuga ndaceceka maze kevine ndamukupa
nsanga Orga irungu ryamwishe kuko navugiye
kuri fone igihe kinini cyane. Disi innocent girl
(Orga) ntakintu Azi nakimwe Nyamara ibintu
byari bitangiye kumbana ibibazo. Hashize akanya
gato ndikuganira na Orga nanone kevine arongera
arahamagara ndashohoka ngiye kumwitaba
nkitabango hello kevine Orga aba ankuye fone
kugutwi…………………