MY LIFE IN CAMPUS Episode 15

0
45

………………………………..

Episode 15

Duherukana kevine Ahamagara davide

nyuma yigihe kinini batavugana.

Mbese kevine

niki agiye kubwira davide?

Disi wasanga kevine

agikunda Nyamara davide yiboneye umukunzi.

Ese niba kevine agikunda aho davide

bizamworohera konawe yakundaga bikomeyee

ahaa!!!!

………………………………… Reka twikomereze

ubwo Ari muri weekend ndikumwe na Orga

mbona nunbr yohanze irampamagaye maze

nditaba numva ni kevine. Atangira agirati :davii

araho urakomeye, nange nti yego ndakomeye

birenze uko wabyumva Ahubwo. Waruziko rero

nyumayokunsiga ntazabahoo? Ndiho cyane kd

ndishimiye. Ngiye kumva numva kevine araturitse

ararira kuri fone. Birancanga gusa ndi calma.

Arangije arambwira ati davii naragukunze cyane

numutima wange wose none nibyo unkoreye

ndangije ndamubwiranti Ese Elie wenyine

ntaguhagije? Urashaka gukunda abavandimwe 2

koko. Kevine agakomeza kurira Nyamara ngewe

simenye gahunda afite.

Disi ubanza kevine

agikunda davide.

Maze numvishe akomeje kurira

ndamubwiranti ngaho nsobanurira neza

icyatumye umara igihe kingana gutya

utamvugisha.

Nuko aratangirati :davii nkiva

iwanyu natashye nishimiye cyane numva ataringe

uzarota vac zirangiye tukisubirira kwishuri gusa

nkigera muhanga mumujyi bahise banyiba fone

maze nunbr zawe zigenderamo kd narintarazifata

mumutwe. Gusa kuko Elie twakundanye igihe

kinini nunbr ye narimaze kuyifata mumutwe.

Naramuhamagaye ndamusuhuza turaganira maze

mwaka nunbr yawe ampa nunbr gusa iyo nunbr

yampaye ntiyigeze icamo narimwe buri munsi

narayihamagaraga gusa nkasanga itariho hashize

igihe kinini mvugana na Elie akambwirako uhuze

cyane utagishaka kumvugisha ubundi

akambwirako utakiba murugo uhaguhagera rimwe

mumwaka ngeraho ndatuza gusa sinigeze

nongera gukundana na Elie kuko numvagako

byateranya abavandimwe kd ko byakubabaza

cyane.

Dis kevine ntiyigeze yanga davide

Nyamara byose byakozwe na Elie Maze

ndamubaza nti nonese iyo ugaruka murugo

mbere yokujya England ahita ambwira ati davii

nukuri harahantu nari narakoze apply

barampamagaye ngo twemerewe scholarship

mpamagaye Elie ngo akumenyeshe kuko fone

yawe yampaye itaririho arambwirati uri HUYE ngo

azakumbwiririra ti ubwo rero sinarikuza iwanyu

ntaribukuboneyo nazindutse njya HUYE

ndakubura igihe kibakirageze nageze kgl isaha

zoguhaguruka zigeze sinabasha kuza iwanyu.

Noneho ndongera ndamubaza nti uzikuyehe

nunbr zange noneho c Arambwirati ni murumuna

wange waje kwigaho muri level 1 accounting

witwa Orga nabwiye ngo azinshakire niwe

wazimpaye. Nkibyumva numvishe nikanze cyane

umutima uransimbuka ubwoba bubabwose mbura

icyomvuga ndaceceka maze kevine ndamukupa

nsanga Orga irungu ryamwishe kuko navugiye

kuri fone igihe kinini cyane. Disi innocent girl

(Orga) ntakintu Azi nakimwe Nyamara ibintu

byari bitangiye kumbana ibibazo. Hashize akanya

gato ndikuganira na Orga nanone kevine arongera

arahamagara ndashohoka ngiye kumwitaba

nkitabango hello kevine Orga aba ankuye fone

kugutwi…………………

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here