MY LIFE IN CAMPUS Episode 12

0
17

Episode 12

Duherukana Kevine yiyemeje kubwiza ukuri

davide.

Ese niki yamubwiye? Reka dukomeze.

Nuko ndamubwira nti mbwira mukundwa.

Nuko

kevine arandeba Arangije arambwira ati davii banza

unsezeranyeko utaribunyange kubwokuba

naraguhishe ukuri. Ndamubwira nti kukwanga

sinabirokora cher kuko ntanamahitamo

yokukwanga nahabwa numutima wange.

Nukuri

ndagukunda ahubwo mbwira nguteze amatwi.

Nuko kevine ahita ambwirati, naguhisheko

harumuntu nigeze nkunda, gusa uyumwanya ngiye

kugusobanurira neza. Nakundanye na Elie

umuvandimwe wawe ubwo nigaga secondary skl

twakundanye niga muwa gatanu weyiga muwa

kane naramukundaga cyane nongere ngo cyane.

Gusa we yasaga naho arindyarya kuko iyomyaka

yose atankundaga ahubwo harabo yakundaga.

Naje kubimenyako atankundaga niyemeza

gutandukana nawe Arko kumwikuramo

byarananiye nanubu ndacyamukunda pe.

Umbabarire kukubwira ibi kuko nubwo mukunda

nawe ndagukunda kd ntamahitamo yokubareka

mwembi mfite. Ndatungurwa cyane mbura

icyomvuga. Ndangije ndihangana ndamubaza nti

nonese kavii uzakunda utagukunda kugeza ryari??

Elie ndagukunda kd warabibonye kd uramfite Ese

sincobora kuba nakwibagiza ibyahise?? Kevine ati

davii nange nibyo nifuje ntangira gukundana

nawe kd nizerako ukobiri warumaze gufata

umutima wange nubwo atariwose. Gusa

ndagukunda nukuri. Nubwo urukundo

kurwikuramo bitoroshye. Ariko nzagenda

ngerageza kd Imana izamfasha.

Ese bavandi reka

mbabaze <<ABAYE ARIWOWE UMUKOBWA UBWIYE

NKIBYO YARAMBWIYE WARIGUKORA IKI? >>>

Ngewe

kumwanga sinarikubishobora nubwo atankundaga

ngenyine arko mwibukeko nubundi namukunze

mbizi ko akundana na pet frere ahubwo

natunguwe nogusanga baratandukanye ibyo

numvise bampaye amahoro hobuke Nyamara

sinarinzi uko pet frere atekeraza kuri kevine Ese

pet frere yabayaramwibagiwe burundu? Ibyo

nibyo nibazaga mumutima bidatinze nagejeje

kevine muri gare afata ijya muhanga arko nsigara

mpagaze ndeba imodoka uko irenga disi

urukundo sikintu. Nasubiye murugo ntishimye

maze mbere yokugera murugo nyura kukabari

mfata agacupa kugirango ndebeko nagabanya

agahinda arko nkabona ndigukora ubusa. Maze

ndahaguruka ndataha mpita ndyama ntamuntu

numwe mvugishije gusa mama yasaga nkaho

yabonye ko mfite ikibazo nuko abwira Elie

kutamvugisha byinshi. Disi umubyeyi wu

mumama Iyo umwana we ababaye abibona vuba.

Akabura ntikaboneke ninyina wumuntu koko.

Nuko bwarakeye nka saa 6:00am kevine aba

arahamagaye gusa narinkiri mubitotsi sinitaba

akomeza guhamagara incuronyinshi nuko Elie

Aza kuyitaba maze ati Elie amakuru? Elie ati

nimeza arko c uranzi konge ntakuzi? Kevine ati

ndakuzi cyane. Niba ushaka kumenya

umpamagare. Akibivuga mpita nkanguka naka

Elie fone yange numva avuga ngo sibyose?

Ndavuga nti yego nibyo kevine ahita akupa

namuhamagara fone ikanga gucamo Ese

ayikuyeho?? Niko nibazaga nasaga nkaho

ntakizere nkifitiye kevine. Nahise mbaza Elie

ndakaye cyane nti muvuganye iki? Ati ntacyo

mpitamubwira nti ntuzongere kunyitabira fone

ndakaye cyane. Byasaga nkaho ntangiye

guhangana na pet frere kuko numvagako agiye

kuntwara umukunzi. Mukanya gato twahamagawe

kumeza ngodufate ibya mugitondo maze

turikumeza mama arambaza ati Ese kevine

yageze murugo Amahoro? Ndamusubizanti

simbizi mama. Maze arisekera aravuga ati

ibyabakundana ntawabyivangamo sha pet frere

ubwo yari yiyambariye ecuteur mumatwi

ntiyigeze yumva izina kevine. Maze mama abwira

Elie ati Ese wariwagiyehe kutarebye cher wa

mukuruwawe? Ahita amwereka amafoto yari

yamufotoye muri fone. Elie akiyabona ahita

yijima mumaso maze ahita abaza mama ati yitwa

kevine? Mama aratungurwa cyane maze Elie

ahita yisohokera asankubabaye….

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here