MY LIFE IN CAMPUS Episode 1

0
10

Episode 1

ok let go, nitwa davide ndumusore wimyaka 26

nanditse iyinkuru ubwo navaga mubitaro bikuru

bya kaminuza nkuru yurwanda CHUK ncitse

urupfu.ese byagenze gute?? Reka dukomeze

dutangiriye kumunsi wambere ngera muri campus

ihuye aho narinarifuje igihe kinini. Mugitondo kare

narabyutse hariku cyumweru mbyuka nitegura

nanishimye cyane kuko nari ngiye kwiga muri

kaminuza nkuru y’urwanda, gusa icyarikinshimis

hije cyane suko nari ngiye ihuye ahubwo

nashimishwaga nukuntu ngiye kwibera guetto aho

nzajya nigenzura nyamara iyonza kumenyako ari

umuriro utazima nirahuriyeho. Kuko

irimuntandaro zibibazo byose nahuye nabyo

harimo nokumara 5months yose mubitaro. Reka

dukomeze.

Nkigera muri campus nahuye na

maniga yange harimo, Emmy, hanore, Gisa,

eric twaritwariganye muri secondary skl. Ngewe

narinje kwiga health environment. Tugihura

twarasuhuzanyije kuko tutari duherukanye

turicara muri jaridin dutangira gutera story

tunaseka cyane twishimye tukiganira tubona

umukobwa mwiza cyane urikuza adusanga arko

yarakiri kure twese tumureba tudakuraho amaso

nuko Emmy aba arambwiye ati davii turakwemera

mu gutereta arko uriya mukobwa ntiwamufatisha.

Mpitambabwiranti nimutereta murampa iki? Arko

icyoba ari cyose. Emmy ati ndaguha10000frw

numva nimenshi mpita mpaguruka mwiruka

inyuma ndamusifura, areba inyuma

ndamuhagarika ntungurwa no gusanga muzi… .. …… … …..

.. .. … ….. …. … .. ……….. . .. … … ..

mumafoto

kuko yari gf wa petfrere arko kuko yari

yaduciyeho asa nkurikure yacuho gato

sinarinamwitegereje mumaso mbere ahubwo

twese twari twashidukiye imiterere ye cyane

cyane inyuma he. Abahungu murabizi iyo tubonye

umukobwa ufite ibuno turatwarwa.

Ubwo nkimugeraho yarandebye ahita ambaza

ati<Mr harahantu tuziranye?>ndibaza mumutima

nti <ese yaba atariwe nzi >? Gusa ndamubwira nti

ntagonkuzi ndimushya hano nashakaga undangire

aho bureaux ya lecturer iherereye. Ansubiza neza

ati ngwino nge kuhakwereka mukinyabupfura

kinshi ubwo plan zange zari zitangiye gucamo

kuko narimbonye aho nahera. Twagiye

tuganira,mpita mubaza ati ese usanzwe hano?

Nawe ati oya nange naje uyumunsi usibyeko

nahageze kare. Ndongera mubaza faculte

ajekwiga, nshimishwa nuko twari duhuje.

mubwirako nange ariyo njekwiga mbona

arishimye ati wawu biranshimishije ubwo

mumutima nti ndagutsindira byanze bikunze.

Mpita mubwira ati uziko twibagiwe kwibwirana

wana!!!!!!!!! Ahita aseka ati nitwa kevine nange nti

nitwa davide byasaga nkaho ndajyije aferi

nyamara hari byinshi ntarageraho. twageze kuri

bureaux arahanyereka, ubundi yisubirira inyuma

ageze hirya Ndahindukira mpuzamaso nawe

nicwa

namasoni mpindukira vuba vuba mamashenge

urukundo ntawe umenya uko rwaje. ntangiye

kumwiyumvamo ibyarintego bibaye ibyanyabyo.

ntangiye gukunda gf wa petfrere kd mbizi mbega

amahanooo!!!! byasaga nkaho ntangiye urugamba

arko ruzanteranya numuvandimwe. Mwibukeko

ngeze kwa lecturer mbese narikumubwira iki

kontacyindi cyandi mumutwe atari kevine.

Narakase nsubira inyuma nsanga ba batype

bincuti zange aho bari bari mbatekerereza uko

byagenze bantera courage gusa mbabwirako ari

gf wa pt frere baraseka bati rekana nuruswende,

sha uriya niyo bakundana ntibarambana kuko

amurusha amashuri. nange numva nibyo

niyemeza guhangana numuvandimwe kumukobwa

umwe nyamara umukobwa ntiyaraziko mvukana

na bf we kuko arubwambere yarambonye.

natandukanye namaniga yange nigira muri guetto

narinarashatse mbereho 6dayz nuko ndapiga

imyaka ubundi ndaryama gusa ndyama

igitekerezo biri kuri nyamukobwa mbega ngo

ndacura imipangu yuburyo namutsindiraa!!

Bwarakeye ndabyuka ndoga njya kunywa icyayi

muri restaurant kubwamahirwe mpahurira na

kevine gusa siyari yambonye arko ngewe

narinamubonye ngiye kumwegera mbona igitipe

kiki giant kirantanze kimwicara iruhande

batangira kuganira banaseka ahondi bikandya.

Mbega ibihe bibi kuringe ! Twavuye aho tujya

class tugezemo mwicara iruhande arangije

aransuhuza ati davii harikintu nshaka kukubwira

irisomo rirangiye. Nange mumutima nti ese

aranshakira iki? Mbega amatsiko nagizeee singe

wabonye isomo rirangira duhita dusohoka

tuganira tugeze muri jardin turicara ubwo

amatsiko ariyose nawe ahita ambwira ati davii

ndashaka…..

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here