MY LIFE CAMPUS Episode 5

0
36

Episode 5

Duherukana davide ahamagawe nawa mutipe

witwa deni. Ese byaje kugendagute?

Reka

dukomeze.

Nuko nkigera imbere ya deni ahita

ambwira ati :man kuki wumva nabi? Sinakubujije

kongera kuvugana nuriya mukobwa cg wariye

intumva? Nakubujije binganiki? None utangiye

nokumusoma, ariko reka dutegereze turebe uko

bizagenda. Gusa niba wikunda uve kuri kevine

nuwange kd iyi ni last warning sinzongera

kukubwira indi ncuro ahita yigendera ariko arakaye

cyane maze nange ndigendera ntacyo mvuze

nigira classe ntangira gukora research kuma

topics yari muma reference twaritwahawe

kumasomo ya tondo kuko ntanikintu nakimwe

narinumvishe. Nkitangira etude mbona Emmy

araje ati mn inkuru igurishwa irikuvugwa hano

mukigo wayumvishe nawe? Mpita mubwirati reka

da. Nuko ahita ambwira ati :man hano inkuru

yasakaye ko deni ari murukundo na kevine.

Ndangije mpita mubwira nti ntabwo bishoboka.

Araseka cyane arambwirs ati byabaye rero kurayo

amaso utazahasebera cg ukanakubitwa kuko deni

arakaze kd na lecturer ngo arakwemera

waragoswe ahubwoo. Nuko Emmy aba

arigendeye nsigara numiwe nibaza niba ibyo

numvishe arukuri birancanga.mpita mpaguruka

njyakureba kevine ngo mubaze niba ibyo

numvishe arukuri. Kubwamahirwe mpita

nkubitana nincutiye yitwa linda, ndamubaza nti

nta kevine wamboneye ko mushaka byihutirwa?

Ahita ambwira ati yahoranye na deni mukanya

kashize gusa sinzi niba bakirikumwe.

Ndamubwira nti okay ntacyo wakwigendera.

Mbega ukuntu urukundo ruryana iyo

rutaguhiriyee, ntiwakumva ukuntu naribwaga

mumutima bitewe nuko nabonaga urukundo

rwange ruri kuncika ndeba nkabura amahoro pe.

Nuko mbura ubujya inyuma nubujya imbere

ntangira kwibuka ukuntu yambwiye ngo nta bf

agira kd akundana na pet frere, ndongera nibuka

ukuntu yambwiye ngo ntacyo yavugana na deni

ko atamukunda,arko nkumva aramabeshyo byose

atankundaga mpita mfata gahunda yo kumukatira

kuko numvaga aribyo byampesha amahoro.

Nyamara naribeshyaga kuko urukundo sikintu

gipfakuva mumutima kuburyo bworoshye.

Urukundo ni kintu umuntu yishyiramo gusa

kukikuramo biragorana cyane. Ndagirango

mumenye ibi :MURUKUNDO HABAMO

IBIGERAGEZO BYINSHI GUSA IYO

UBYITWAYEMO NEZA NTAKIRYOHA NKARWO.

Reka twikomereze ubwo nafashe bag mpita njya

kuryama gusa gusinzira byaranze singe Warose

bucya ndabyuka nditegura nsubira mu kigo.

Nkigera mukigo nagiye kantine mukugeramo

nsanga kevine yicaranye na deni barikunywa

icyayi bigaragarako bahuje urugwiro. Umutima

wange ukarushaho gushenguka birumvikana ko

icyayi kitandyoheye ndangije ndasohoka ni gira

classe nubika umutwe nigunze cyane numva

umuntu arakomanze kurutugu, ndangije

mpitamubwira nti ndashaka kuguma ngenyine

umbabariye wagenda arongera. Mpita nubura

umutwe ndamureba ndangije mbona ni kevine

ndatangiranti kavii nawe ati karamee cher, nti

singikeneye kubabara kuko ndumva ntiteguye

kuba jack cg Romeo sindinintwari yakwemera

kubaho ibabaye kubera umukobwa. Kevine

amarira amuzenga mumaso ndabibona nuko

ndongera nti igendere uzakunde abandi ngewe

sinshoboye. Ngiye kubona mbona araturitse

ararira murakokanya deni abayinjiye muri classe

yacu……….

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here