Episode 5
Duherukana davide ahamagawe nawa mutipe
witwa deni. Ese byaje kugendagute?
dukomeze.
Nuko nkigera imbere ya deni ahita
ambwira ati :man kuki wumva nabi? Sinakubujije
kongera kuvugana nuriya mukobwa cg wariye
intumva? Nakubujije binganiki? None utangiye
nokumusoma, ariko reka dutegereze turebe uko
bizagenda. Gusa niba wikunda uve kuri kevine
nuwange kd iyi ni last warning sinzongera
kukubwira indi ncuro ahita yigendera ariko arakaye
cyane maze nange ndigendera ntacyo mvuze
nigira classe ntangira gukora research kuma
topics yari muma reference twaritwahawe
kumasomo ya tondo kuko ntanikintu nakimwe
narinumvishe. Nkitangira etude mbona Emmy
araje ati mn inkuru igurishwa irikuvugwa hano
mukigo wayumvishe nawe? Mpita mubwirati reka
da. Nuko ahita ambwira ati :man hano inkuru
yasakaye ko deni ari murukundo na kevine.
Ndangije mpita mubwira nti ntabwo bishoboka.
Araseka cyane arambwirs ati byabaye rero kurayo
amaso utazahasebera cg ukanakubitwa kuko deni
arakaze kd na lecturer ngo arakwemera
waragoswe ahubwoo. Nuko Emmy aba
arigendeye nsigara numiwe nibaza niba ibyo
numvishe arukuri birancanga.mpita mpaguruka
njyakureba kevine ngo mubaze niba ibyo
numvishe arukuri. Kubwamahirwe mpita
nkubitana nincutiye yitwa linda, ndamubaza nti
nta kevine wamboneye ko mushaka byihutirwa?
Ahita ambwira ati yahoranye na deni mukanya
kashize gusa sinzi niba bakirikumwe.
Ndamubwira nti okay ntacyo wakwigendera.
Mbega ukuntu urukundo ruryana iyo
rutaguhiriyee, ntiwakumva ukuntu naribwaga
mumutima bitewe nuko nabonaga urukundo
rwange ruri kuncika ndeba nkabura amahoro pe.
Nuko mbura ubujya inyuma nubujya imbere
ntangira kwibuka ukuntu yambwiye ngo nta bf
agira kd akundana na pet frere, ndongera nibuka
ukuntu yambwiye ngo ntacyo yavugana na deni
ko atamukunda,arko nkumva aramabeshyo byose
atankundaga mpita mfata gahunda yo kumukatira
kuko numvaga aribyo byampesha amahoro.
Nyamara naribeshyaga kuko urukundo sikintu
gipfakuva mumutima kuburyo bworoshye.
Urukundo ni kintu umuntu yishyiramo gusa
kukikuramo biragorana cyane. Ndagirango
mumenye ibi :MURUKUNDO HABAMO
IBIGERAGEZO BYINSHI GUSA IYO
UBYITWAYEMO NEZA NTAKIRYOHA NKARWO.
Reka twikomereze ubwo nafashe bag mpita njya
kuryama gusa gusinzira byaranze singe Warose
bucya ndabyuka nditegura nsubira mu kigo.
Nkigera mukigo nagiye kantine mukugeramo
nsanga kevine yicaranye na deni barikunywa
icyayi bigaragarako bahuje urugwiro. Umutima
wange ukarushaho gushenguka birumvikana ko
icyayi kitandyoheye ndangije ndasohoka ni gira
classe nubika umutwe nigunze cyane numva
umuntu arakomanze kurutugu, ndangije
mpitamubwira nti ndashaka kuguma ngenyine
umbabariye wagenda arongera. Mpita nubura
umutwe ndamureba ndangije mbona ni kevine
ndatangiranti kavii nawe ati karamee cher, nti
singikeneye kubabara kuko ndumva ntiteguye
kuba jack cg Romeo sindinintwari yakwemera
kubaho ibabaye kubera umukobwa. Kevine
amarira amuzenga mumaso ndabibona nuko
ndongera nti igendere uzakunde abandi ngewe
sinshoboye. Ngiye kubona mbona araturitse
ararira murakokanya deni abayinjiye muri classe
yacu……….