Abagenzi barokotse by’igitangaza ubwo Bisi barimo yashyaga

1
12
Abagenzi barokotse impanuka ya bus iri gushya

Imodoka yari itwaye abagenzi yaturitse ihita ifatwa n’inkongi y’umuriro nyuma gato y’uko abagenzi babonye ko ibintu bitagenda neza bagakizwa n’amaguru.

Amashusho y’iyi bisi iri gushya yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ibi bibereye ahitwa Greater Manchester.

Umugabo umwe washyize aya mashusho kuri Twitter yansitse ati “Bisi ya Hale yahiye,uwabibonye yampaye aya mashusho.Birasa naho abagenzi bagize amahirwe yo guhunga.”

Mu mashusho,iyi Bisi y’ubururu yagaragaye iri guhira aho imodoka zihagarara ndetse n’umwotsi w’umukara wazamukaga.

Abagenzi bose bari muri iyi bisi ngo bahunze nta n’umwe ugize ikibazo,mbere y’uko ifatwa n’umurir

1 COMMENT

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here